Perezida Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Ambasaderi Maj Gen Ramson Godwin Mwaisaka, uri gusoza inshingano ze zo ...
Minisiteri y'Ubuzima yavuze ko kimwe mu byo iherutse kumvikanaho na Kaminuza y'u Rwanda ari uko ku biga ibirebana n'ubuvuzi, ibitaro bigomba gufatwa nk'ishuri bigishirizwamo kugira ngo barusheho ...
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yavuze ko nta mwanya w'intege nke n'imyitwarire idahwitse mu nshingano bityo ko ari ngombwa ko abazigiyemo bakwiye kumva ko umuturage akwiye kubaho yizeye ...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yagaragaje ko umusaruro w’inganda n’ibyoherezwa mu mahanga muri 2024 -2029 uzazamuka ...
Ingabo z’Umuryango w’Ubukungu wa Afurika y’Amajyepfo ziri mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, zemerewe ...
Mu Rwanda hatangijwe umushinga yo guha amahugurwa urubyiruko ibihumbi 20, rwifuza kumenya ibijyanye n’ikoranabuhanga ryahindura ubuzima bwarwo. Ni gahunda yatangijwe ku bufatanye n’inzego zitandukanye ...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yakiriye indahiro y’Umunyamabanga Mukuru mushya w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Colonel Pacifique Kayigamba Kabanda. Col Kabanda aherutse guhabwa izi ...
Inyungu ya BK Group Plc yageze kuri miliyari 91 Frw mu 2024, izamuka rya 21,7% ugereranyije n’umwaka wa 2023, ibishimangira uruhare rwayo mu kuzamura ubukungu bw’u Rwanda. Ubuyobozi bw’Ikigo BK Group ...
Abayoboke b’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, DGPR Green Party, bo mu Karere ka Gakenke, basabwe gukomeza gusigasira ubumwe, ubwiyunge n’ubudaheranwa by’Abanyarwanda ...
Ubuyobozi bwa Equity Bank mu Rwanda bwatangaje ko 95% by’inguzanyo zakwa n’abagore bazishyura neza ugereranyije n’abagabo, bityo ko iyi banki yiteguye gukora ibishoboka byose igakuraho inzitizi zituma ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results