Ibi yabivuze ubwo hatangazwaga imibare ijyanye n’uko umusaruro mbumbe w'umwaka wa 2024 wari uhagaze. Murangwa Yusuf ari kumwe ...
Perezida Kagame yemereye Ubwenegihugu bw'u Rwanda, umuhanga mu kuvanga imiziki, Iradukunda Grace Divine uzwi ku izina rya Dj Ira. Kuri iki Cyumweru, ubwo yari mu basaga 8000 bitabiriye gahunda yo ...
Abagororwa 114, bari mu Igororero rya Nyamasheke, bahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bitegura kurangiza ibihano byabo mu mezi atatu ari imbere bahawe inyigisho z’ubumwe ...
U Rwanda rukomeje kwitegura isuzuma mpuzamahanga ryitwa PISA [Programme for International Student Assessment] rizaba muri uyu mwaka, aharebwa uko uburezi bwarwo buhagaze ubugereranyije n'ahandi ku Isi ...
Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma w’u Rwanda, Alain Mukurarinda, yatangaje ko icyemezo u Rwanda rwafashe cyo gucana umubano n’u Bubiligi kitahubukiwe ndetse cyatekerejweho kandi hagiye habaho ...
Perezida Kagame yavuze ko abantu bose bafite ‘uburenganzira bwa muntu’ bityo nta muntu cyangwa Igihugu gifite ububasha bwo kugena abagomba kubaho no kutabaho. Umukuru w’Igihugu yabitangaje kuri iki ...
Perezida Paul Kagame yihanangirije u Bubiligi bukomeje guhuruza amahanga ngo afatire u Rwanda ibihano, bukaba bwaragaragaje ko bwifatanyije na Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo mu mugambi ...
Update Required To play the media you will need to either update your browser to a recent version or update your Flash plugin.
Kuri uyu wa Mbere inzego z'umutekano z'u Rwanda zirimo Ingabo na Polisi, zatangiye ibikorwa bigamije iterambere n'imibereho ...
Abanyeshuri bo mu Karere ka Ngororero biga mu ishuri ryisumbuye rya Nyange, bavuga ko kwibumbira muri Club y'Umuco n'Ubutwari bimaze kubagwizamo imbaraga zo kurwanya ikibi n'iyo cyaba gishyigikiwe ...
Ba Minisitiri b'Ububanyi n'Amahanga bo mu bihugu bigize Imiryango ya SADC uhuje ibihugu byo mu Majyepfo ya Afurika n’uwa EAC, uhuje Ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba, bahuriye i Harare mu ...